IBIHUHA.COM

Friday, May 25, 2012

Urubanza rwa Mugesera rwimuriwe mu gihe kitazwi

Kuri uyu wa Kane tariki 24 Gicurasi 2012 mu rukiko rwisumbuye rwa Nyarugenge habereye urubanza rwa Leon Mugesera ku nshuro ya kane ariko na none yongera kujurira maze rwongera gusubikwa, rukaba ruzongera kuburanishwa mu gihe kitazwi.
Urukiko rwatangiye rubaza Mugesera niba yiteguye kuburana, maze abanza kubaza urukiko niba ababuranyi bafatwa kimwe imbere y’urukiko kuko ngo ubushinjacyaha bwafashe amezi arenga atatu butegura urubanza mu gihe we yahawe dosiye mu minsi 6 ishize, asaba nawe amezi abiri yo kwitegura.
Yagize ati : “Niba twese tungana imbere y’urukiko, ubushinjacyaha bumaze amezi arenga atatu bwitegura gushinja none jyewe maze iminsi 6 mpawe dosiye, nanjye mumpe igihe nifuza kugira ngo nitegure.”
Yanasabye urukiko gutegeka ubushinjacyaha kumuha dosiye yavanywe mu gihugu cya Canada ubwo yoherezwaga tariki 24 Mutarama 2012.
Umucamanza Sauda Murerehe yanze icyifuzo cya Mugesera ngo kuko yagiye ahabwa igihe gihagije cyo gutegura dosiye ye, bityo avuga ko urubanza rugomba gukomeza. Mugesera yahise ajurira iki cyemezo kuri we asanga kibangamiye uburenganzira bwe.
Umwunganizi we mu mategeko Maitre Mutunzi Donath nawe yari yavuze ko mu bihe bitandukanye ubushinjacyaha bwagiye buhindagura ibirego, aho byavuye kuri bitatu none bikaba bigeze kuri bitanu.
Ubushinjacyaha bwabwiye urukiko ko bwatanze dosiye yuzuye, ariyo urukiko rufite ndetse akaba ariyo bukoresha (ubushinjacyaha) rwerekana impamvu zituma bakeka ko uregwa yakoze icyaha bityo akaba yakomeza gufungwa by’agateganyo.
Umushinjacyaha Rugambwa Ndibwami yagize ati : “Aya ni amayeri ya Mugesera yo kwanga kuburana.”
Mugesera ahawe umwanya n’urukiko kugira icyo abivugaho, yavuze ko ari ugushinyagurirwa n’ubushinjacyaha, aho yagize ati : “Ndababaye rwose, sinabura kubereka agahinda mfite, ndumva ari agashinyaguro kuvuga ko ntashaka kuburana, Nshaka kuburana rwose, kandi mu buryo budatinze ariko mu buryo bwubahirije amategeko”.
Yakomeje agira ati : “Ubundi se ko mfunzwe, umushinjacyaha ababajwe ni iki ? Keretse niba yumva ko nsohoka nkitahira.”
Mugesera yahise ajuririra iki cyemezo kuri we asanga ko kibangamiye uburenganzira bwe, maze urubanza rwimurirwa mu gihe kitazwi.
Leon Mugesera akurikiranweho ibyaha bitanu birimo gushishikariza gukora icyaha cya Jenoside yakorewe Abatutsi, Kubiba urwango hashingiye ku moko.

 

Sunday, July 11, 2010

Umuhacker yibasiye anigarurira urubuga rwa internet Pirate Bay

Pirate Bay, website yamamaye cyane ivomerwaho (downloads) amafilimi, indirimbo ibitabo, porogaramu za mudasobwa n’ibindi byinshi ku buntu yatewe n’umuhacker abasha kuyishyira mu maboko ye bwite mu gihe cy'amasaha atari macye.

Ch. Russo, umuhacker w’umunya-argentina, mu ntangiriro z’iki cyumweru turi kuvamo, yabashije kwigarurira urubuga rwa internet rusumbya izindi zose zikorerwaho pirataje ku isi kumenyekana.

Mu kwishimira icyo gikorwa, Ch. Russo yashyize video kuri internet yerekana uko yabigenje kugirango abashe gupirata urubuga Pirate Bay akayigarurira.

N’ubwo yabashije kwigarurira uru rubuga mu gihe kitari gito, Ch. Russo avuga ko icyo gikorwa atigeze agikorana ubugome kuko ngo atigeze agira icyo yangize kuri urwo rubuga n’ubwo yari afite ububasha bwo kuba yasiba ibintu byose byari biruriho.

Iki gikorwa ntikiri bworohore na gato ba nyiri The Pirate Bay kuko n’umwaka ushize bamaze amezi Atari macye bari mu rubanza baregwagamo kuba batarubahirije uburenganzira bw’ibihangano by’abahanzi, icyo gihe bafunzwe umwaka umwe banacibwa miliyoni 2,7 yamadolari ya Amerika.

Friday, July 2, 2010

Umusemuzi wigitangaza


Mu itorero haje umu Pasteur(Padiri) mushya w'umuzungu
ubwiriza mu gifaransa. Byabaye ngombwa ko ashaka
umusemuzi kubera abakristu batumva igifaransa.

Pasteur: Quand Jésus arriva à Gallilé
Interprète : Ubwo Yezu yageraga i Gallileya

P : Il trouva un paralytique et le guérri sur le champ
I : Ahasanga ikimuga agikiriza mu murima.

P : Car Jésus était hospitalier.
I : Kuberako Yezu yabaga mu bitaro.

P : Il guérissais les infirmes.
I : Yari n'umuforomo.

P : Et séparait les eaux de la mer.
I : Agatandukanya amagufa ya nyina.

P : Hallelua!!!
I : Hallelua!!!

P : Que Dieu soit loué
I : Imana ikodeshwe.

P : Je veux vous dire une chose.
I : Ngiye kubabwira ikintu kimwe.

P : Jésus a dit que !!
I : Yezu afite imirizo icumi.

P : Celui qui m'obéira.
I : Uzanyumvira wese,

P : Marchera sur les eaux de la mer comme moi.
I : Azagenda ku magufa ya nyina nkanjye.

P : Seulement le problème qu'il y a,
I : Ihurizo rihari gusa,

P : Nous sommes tous des pecheurs,
I : Twese turi abarobyi.

P : Je vais vous donner un exemple !
I : Ngiye kubaha urugero ruto !

P : Un exemple !
I : Ruto cyane yemwe !

P : Est-ce que vous pouvez me trouver un seul Saint
dans cette sale?
I : Mushobora kumbonera ibere rimwe muri ino salle ?

P : Personne.
I : Umuntu

P : Hallelua!!!
I : Hallelua!!!

P : Que Dieu soit loué
I: Imana ikodeshwe

Mtoto abakwa hadi kufa

MTOTO mwenye umri wa miaka 10 aliyekuwa akisoma darasa la pili katika Manispaa ya Sumbawanga, mkoani Rukwa amekufa baada ya kubakwa.

Watu wasiojulikana walimbaka mtoto huyo na kuutelekeza mwili wake.

Unyama huo ulitokea juzi katika kitongoji cha Bangwe, Kamanda wa Polisi Mkoa wa Rukwa,
Isuto Mantage amethibitisha kutokea kwa unyama huo.

Kamanda Mantage amesema, Polisi wanawasaka waliohusika na mauaji hayo.

Kamanda Mantage alisema kabla ya tukio, mtoto huyo alimuaga mama yake (jina linahifadhiwa) kuwa anakwenda kumsalimia dada yake mkubwa anayeishi eneo lingine.

“Lakini mtoto huyo hakurudi nyumbani tena hali iliyomfanya mama yake aamini kuwa
ameamua kulala kwa dada yake kwani alikuwa na mazoea ya kufanya hivyo,” alisema Kamanda.

Baada ya kubaini kwamba mtoto huyo hakulala kwa dada yake, alitoa taarifa kwenye uongozi wa mtaa, wakaanza kumsaka na ndipo mwili ukakutwa kwenye jumba lisilokaliwa na watu huku mdomoni akiwa amezibwa kwa kitambaa.

Uchunguzi wa daktari umebainisha kuwa mtoto huyo kabla ya kifo chake alibakwa kwa
zamu na kusababisha kuvuja kwa damu nyingi.

Nipeni mitano mingine 'nifunike' zaidi- Rais Kikwete

MGOMBEA pekee wa urais wa Jamhuri ya Muungano wa Tanzania kwa tiketi ya CCM, Rais Jakaya Kikwete ameomba apewe nafasi ya kuongoza nchi kwa miaka mitano mingine ili afanye kazi aliyoianza vizuri zaidi kuliko ilivyokuwa awamu ya kwanza.

Rais Kikwete ameyasema hayo jana kwenye Makao Makuu ya Chama Cha Mapinduzi mjini hapa, wakati aliporejesha fomu yake ya kuomba uteuzi wa chama hicho kwa ajili ya kupeperusha bendera yao katika Uchaguzi Mkuu wa Oktoba 31, mwaka huu.

Rais Kikwete aliyewasili saa 5:06 katika Viwanja vya Makao Makuu ya CCM, alipokelewa na viongozi mbalimbali wa chama wakiongozwa na Makamu Mwenyekiti Tanzania Bara, Pius Msekwa huku akishangiliwa na wanachama wa CCM waliokuwa wamevalia mavazi ya rangi ya kijani na njano.

Alilakiwa na vikundi mbalimbali vya burudani huku wakiimba nyimbo za kumsifu na kumpongeza Rais Kikwete wakiongozwa na bendi ya TOT chini ya Kapteni John Komba.

Alipofika sehemu aliyopangiwa, Rais Kikwete alipokewa na Msimamizi Mkuu wa Uchaguzi na Katibu Mkuu wa CCM, Yusuf Makamba aliyezihakiki fomu za mgombea huyo na kuridhia kuwa zilijazwa kwa umakini na kisha kuzipokea rasmi fomu hizo na kuthibitisha ndiye mgombea pekee.

Akizungumza muda mfupi baada ya kukabidhi fomu zake, Rais Kikwete ambaye atapigiwa kura na wajumbe wa Mkutano Mkuu wa CCM, Julai 10, alisema kipindi cha miaka mitano kimekwisha na alifanya kazi nzuri na kuomba apewe nafasi ya miaka mitano mingine ili afanye kazi nzuri zaidi.

“Kazi ya Urais haina elimu ni kujiamini au kuaminiwa. Nimefanya kazi miaka mitano, miaka miwili ilikuwa ya kujifunza na miaka mitatu nikafanya kazi nzuri mnayoiona, mkinipa sasa miaka mingine mitano haitakuwa ya kujifunza ila kufanya kazi nzuri zaidi…naahidi mkinichagua nitafanya kazi vizuri kuliko awamu ya kwanza,” alisema Rais Kikwete.

Alisema wenye sifa ya kugombea nafasi hiyo ya urais ndani ya CCM ni wengi na hawana mapungufu, lakini hakuna aliyejitokeza kwa kile alichoeleza kumheshimu na kuwa na imani na uongozi wake.

Alisema ni imani yake kwamba Kamati Kuu ya CCM na Halmashauri Kuu ya Taifa itampitisha katika Mkutano Mkuu kama mgombea wao na kwamba matumaini Watanzania watamchagua tena.

“Mafiga matatu yalitusaidia uchaguzi uliopita, nasema yatatusaidia tena. Nawaomba wanachama wenzangu mniunge mkono na kunichagua ili nifanye kazi hii tena,” alisema Rais Kikwete ambaye akichukua fomu Juni 21, mwaka huu, aliahidi kuwa akichaguliwa tena, atawatumikia Watanzania kwa Ari Zaidi, Nguvu Zaidi na Kasi Zaidi ili kuwaletea maisha bora.

Rais Kikwete alimshukuru kipekee mtoto wake, Ridhiwani kwa kushirikiana na wenzake kutembeza fomu nchi nzima kumtafutia wadhamini na kuonesha kushangazwa na watu waliokuwa wakihoji kwa nini amemtumia mwanawe kufanya kazi hiyo.

“Wako waliouliza kwa nini Ridhiwani, na mimi nikauliza kwa nini asiwe Ridhiwani. Nataka kusema kugombea urais ni jambo nililoamua mwenyewe sio chama, kwa hiyo lazima nifanye juhudi zangu binafsi kutafuta wadhamini kwa hiyo kumtumia mwanangu ambaye ni mtu wa karibu…halikuwa tatizo,” alifafanua Rais Kikwete akizungumzia timu hiyo ya vijana 32 iliyoongozwa na mwanawe.

Alisema wako watu waliodai amewadharau viongozi wa wilaya, kata na vijiji, hoja aliyoipinga na kueleza kuwa jukumu la viongozi hao ni kuandaa watu watakaomdhamini, lakini jukumu la kuzunguka kutembeza fomu kuomba udhamini ni la mgombea, hivyo anamshukuru Ridhiwani, marafiki zake na vijana kwa kubeba mzigo huo na kufanya kazi nzuri.

Alisema hatasahau wema na mchango wa kila mtu wakiwemo marafiki zake walioongoza vijana kutafuta wadhamini pamoja na Katibu Mkuu wa CCM, makatibu wa mikoa, wilaya, kata na matawi kwa kuandaa wanachama waliomdhamini na kwamba pale walipopunguza, wataongezewa na Mungu.

Naye Makamba alisema alishatabiri siku ya kwanza kuwa dalili zilikuwa zinaonesha Kikwete ndio mgombea pekee.

“Tangu ulipojitokeza siku ya kwanza nilikutabiria kuwa mgombea pekee na kweli nimekaa hapa kusubiri wee hakuna aliyetokea na hasa baada ya mtani wangu John Shibuda kuondoa nia yake ya kugombea kwa ridhaa yake kutokana na kuridhika na utendaji wako na utekelezaji wa Ilani ya Uchaguzi…utabiri huo leo umethibitika,” alisema.

Alisema hakuna mwanachama aliyejitokeza hivyo ni uthibitisho kuwa wameridhika na utendaji kazi wake, imani waliokuwa nayo kwake na kwamba upo ushahidi wa kutosha ndiye mgombea pekee atakayepitishwa katika Uchaguzi Mkuu kwa kile alichomueleza kuwa ni mtaji wa CCM.

Katika hatua nyingine, Makamba alimfananisha Kikwete na Askofu ambaye ni mtumishi wa Mungu na kueleza kuwa kiongozi huyo ana sifa kama kiongozi huyo wa dini na kwamba anaamini anazo sifa za uanachama ambazo ni uongozi bora, hivyo kuna kila sababu ya kumchagua.

“Kwa miaka mitano umeonesha umahiri mkubwa, na nataka kukuambia kazi ya kukurudisha Ikulu ina wenyewe. Nawaambia wenzangu Rais wa Jamhuri ya Muungano ni Jakaya,” alisema na kuongeza kuwa uthibitisho mwingine ni wadhamini 14,069 aliowapata wakati alitakiwa kuwa nao 2,500 tu.

Wanachama wa CCM Makao Makuu katika risala yao iliyosomwa na Adamson Mwenesongole, walimpongeza Rais Kikwete kwa kusimamia na kutekeleza Ilani ya Uchaguzi ya CCM ya 2005-2010.

Walisema kitendo cha wanachama wengine kumuacha agombee ni kutokana na uaminifu na uadilifu wake na kuahidi kuungana naye kumpigia pipa badala ya debe ili apate ushindi wa kishindo.

Wanafunzi wa Vyuo vya Elimu ya Juu Tanzania katika tamko lao, waliomba wanafunzi wote wamuunge mkono Kikwete kwa kupiga kura za ndio kwa maendeleo ya chama na taifa kwa ujumla.

Naye Mbunge wa Maswa, John Shibuda aliyeondoa nia yake ya kugombea urais, alisema alijiondoa baada ya kufanya upembuzi yakinifu na kuridhika na utendaji wa Rais Kikwete na kuongeza kuwa kamwe upepo hauwezi kuung’oa mchongoma na kwamba hiyo ndio salamu yake kwa wapinzani.

limchangia Rais Kikwete Sh 200,000 kwa ajili ya shughuli za uchaguzi ujao.

Abasifuzi bazitabazwa kuva ku mikino ya nyuma bamenyekanye

FIFA yamaze gutangaza amazina y’abasifuzi bazitabazwa mu mikino ya kimwe cya kane cy’irangiza y’igikombe cy’isi kibera muri Afurika y’epfo.

Yuichi Nishimura azasifura umukino uzahuza Ubuholandi na Brazil kuri sitade y'i Nelson Mandela Bay/Port Elizabeth uyu munsi nyuma ya saa sita naho Olegario Benquerenca azasifura uhuza Uruguay na Ghana i Johannesburg,uyu munsi saa mbili n’igice z’umugoroba.

Ravshan Irmatov wanasifuye umukino wa mbere wahuje Afurika y’epfo na Mexico, azitabazwa mu mukino uzahuza Argentina n’Ubudage i Cape Town ku wa gatandatu naho Carlos Batres asifure umukino wa nyuma wo muri kimwe cya kane uzahuza Paraguay na Spain.

World Cup 2010 : Ese imikino ya 1/4 iraba ihagaze ite kuri uyu wa gatanu?

Imikino ya 1/4 y'igikombe cy'isi ni imwe mu mikino iraba irebwa cyane mu gihe amwe mu makipe akomeye yamaze gusezererwa muri iri rushanwa. Uyu mwaka amakipe yo ku mugabane wa Amerika y'Amajyepfo ( South America ) niyo asa nk'ayahiriwe kandi nk'uko bigaragara ku rupapuro niyo yahiriwe koko mu gihe amakipe yo ku mugabane w'u Burayi yo atazi uko byagenze.

Ibi bikaba bigaragazwa n'amakipe asigaye mu irushanwa aho Africa ifitemo ikipe 1 ariyo Ghana , America y'Amajyepfo 4, u Burayi 3. Iki akaba ari ikintu gikomeye cyane kinerekana ko Amerika y'Amajyepfo yahiriwe cyane n'iri rushanwa mu gihe Iburayi bo barira ayo kwarika nyuma y'aho England , France, Italia na Portugal ziserewe.

Turebye uko amakipe mu azahura muri 1/4 :

Brazil vs Holland

Kuri uyu wa gatanu saa kumi ku isaha y'i Kigali murahishiwe muri benshi bakunzi ba ruhago, aho Brazil ya Dunga izaba ihangana na Holland ya Bert van Marwijk. Uyu mukino ukazaba ari umwe mu mikino ikomeye cyane mu gihe amakipe yose azwiho umukino usukuye kandi wiganjemo ubuhanga.

Duhereye kuri Holland, iyi ni ikipe ikina umukino ufunze cyane ariko nanone wibanda ku bakinnyi bo hagati bazamukana umupira bakanyura ku mpande mu gihe biba byananiranye. Iyi kipe ifite bamwe mu bakinnyi nka Wesley Sneijder, Arjen Robben na Dirk Kuyt bazwiho kutorohera na gato ab'inyuma b'ikipe iyariyo yose baba bahuye nayo. Ibi bikaba bishobora kubyara ikibazo gikomeye ku basore ba Dunga mu gihe baba batabashije gucunga neza aba basore. Gusa ntawakwibagirwa rutahizamu Robin van Persie udasiba kunyeganyeza inshundura.

Ku ruhande rwa Brazil hari abasore benshi bakomeye ariko icyingenzi iyi kipe ya Dunga ikaba yarahinduye isura aho isigaye igendera ku bakinnyi bayo b'inyuma batanyurwaho nka Lucio na Maicon baba bahagaze neza inyma kandi bafasha ba rutahizamu gusatira. Ikindi Dunga areba cyane ni Maicon ufatiye runini iyi kipe mu gihe iba yasatiriye izamu. Uretse abo bakinnyi babiri haza na Kaka' hamwe na Robinho bagaragaza ubuhanga bukomeye cyane muri iyi kipe kandi bigaragara ko ari abakinnyi isaha n'isaha babona igitego gikenewe. Hakaba haza na Rutahizamu wabo Luis Fabiano nawe utoroshye na gato. Hagati aho itangazamakuru ryo ku mugabane w'Iburayi no muri Brazil rikaba ritoroheye Dunga waje amaze gusiga Ronaldinho aho rimurega gukina umukino utandukanye na Samba la Selecao yari isanzwe izwiho.

Ibi bikaba byabyukije impaka zikomeye aho Brazil isigaye ikina umukino ushingiye kuri defense ikomeye kandi ifasha rimwe na rimwe mu kuzamuka igafasha ba rutahizamu, uyu mukino ukaba utari uwa Brazil na gato. Ibi rero bikaba bitishimirwa n'itangazamakuru n'ubwo ikipe yabo itsinda bo bakaba bifuza kubona ibirori mu kibuga mu gihe Dunga we atangaza ko atari ibirori bajemo ahubwo ari intambara yo gushaka igikombe cy'isi.

Uruguay vs Ghana

Uruguay ni imwe mu makipe akomeye muri iri rushanwa. Iyi kipe ikaba iva ku mugabane w'Amerika y'Amajyepfo, aho amakipe yaho akina umupira ugenda buhoro kani urimo ubuhanga. Ibi bikaba bishobora kugora cyane ikipe ya Ghana mu gihe abasore nka Luiz Suarez na Diego Forlan babashije kumvikana neza imbere. Iyi kipe kandi ikaba itungurana bikomeye cyane. Twabibutsa ko iyi kipe ubwo iheruka guhura n'ikipe yo muri Africa yahuye na South Africa ikayipfunyikira impamba ya 3-0.

Ghana yo ku ruhande rwayo ni ikipe ihagaze neza nayo ifite abakinnyi b'abana bafite ubuhanga ariko bakunda kunanirwa vuba. Ibi bikaba ari ikintu cyo kwitondera cyane mu gihe kandi Ghana izaba udafite Kevin-Prince Boateng na André Ayew. Ibi bikaba ari ikintu gikomeye cyane kuri iyi kipe ihagarariye umugabane wa Africa aho aba bakinnyi bazasimburwa na Sulley Ali Muntari nawe uzwiho ubuhanga bukomeye cyane hamwe na Derek Boateng.

Ikindi kandi ni uko iyi kipe ya Ghana iraba ishaka kongera amateka yayo nk'uko byayihiriye umwaka ushije mu gikombe cy'isi cy'ingimbi aho yabashije kugitwara. Uyu mukino rero ukaba utegerejwe ku buryo bukomeye cyane n'imbaga y'abanyafurika benshi cyane. Ni ku isaha ya saa mbiri n'igice. umukino ukaba ubera Soccer City Stadium, Johannesburg , ukazasifurwa na Olegario Benquerenca (Portugal).

Ese Ghana ibashije gutsinda byagenda gute ?

Amakipe atsinda nyo azahura muri 1/2 , ibi bikaba bivuze ko Ghana itsinze uyu mukino yazahura hagati ya Holland na Brazil. Aha akaba ari irindi hurizo rikomeye kuri Ghana mu gihe yaba yabashije gusezerera Uruguay. Twabamenyesha ko kandi ikipe ya Ghana nigera muri 1/2 bizaba bibaye ubwa mbere mu mateka y'igikombe cy'isi ikipe yo muri Afurika igera muri 1/2. Nugutegereza tukareba.